daily

Umukinnyi w’Umunyarwanda yasinyiye ikipe izakina CAF Confederations Cup

Myugariro w’Umunyarwanda, Buregeya Prince, wakiniye AS Kigali mu mwaka ushize w’imikino 2024-2025, yamaze kwerekeza muri Nairobi United FC yo muri Kenya. Iyi kipe igiye gukina shampiyona y’icyiciro cya mbere muri Kenya (Kenyan Premier League) mu mwaka mushya w’imikino tugiye kwinjiramo, ikaba izanahagarari Kenya mu mikino Nyafurika ya CAF Confederations Cup umwaka w’imikino 2025-2026. Nairobi United…

Read More

Polisi yarekuye uwahohoteye Antoine Semenyo

Umugabo ushinjwa ibyaha byo gukora ivangara rishingiye ku ruhu ku mukino Liverpool yatsinzemo AFC Bournemouth yarekuwe n’inzego z’umutekano zamukurikiranaga. Ni umugabo usanzwe agaragara ku mikino ya Liverpool ndetse yicaye mu ntebe y’abafite ubumuga gusa nubwo yarekuwe yabujijwe kugira umukino numwe yitabira. Liverpool ubwayo yemeje ko atazemererwa kwinjira ku mikino yayo nubwo ari mu bafana bayo…

Read More

Rashford yavuze amagambo akomeye kuri Manchester United

Mu gihe benshi bakibaza icyerekezo cya Manchester United, Marcus Rashford – rutahizamu wayo wigeze kuba inkingi ya mwamba w’iyi kipe  , yatangaje ibintu bikomeye ku mikorere n’icuraburindi yibasiye iyi kipe. Mu kiganiro aherutse kugirana n’itangazamakuru , Rashford yavuze ko Manchester United imeze nk’idafite nyirayo , aho nta gahunda ihamye cyangwa umurongo uhamye igenderaho, bitewe n’impinduka…

Read More

Pep Guardiola agiye gutangira premier League mu bibazo

Ikipe ya Manchester City igiye gutangira umwaka w’imikino mu bibazo bikomeye by’imvune z’abakinnyi dore ko hamaze kwiyongeraho Umunya-Kuruwasiya , Mateo Kovacic. Uyu musore ikipe ya Manchester City yaguze muri Chelsea yagize ikibazo cy’imvune kizatuma amara amezi abiri hanze adakina(azagera mu kwezi kwa 10). Aje akurikira Umunya-Esipanye Rodrigo Hernández Cascante nawe wagize ikibazo mu gikombe cy’Isi…

Read More

Rutahizamu wasezerewe na APR FC yasinyiye ikipe izakina CAF Champions League

Umunya-Nigeria, Victor Mbaoma Chukwuemeka, watandukanye n’ikipe ya APR FC yamaze kwerekeza mu ikipe ya Remo Stars y’iwabo ku masezerano y’imyaka ibiri. Mbaoma yatangajwe nk’umukinnyi mushya wa APR FC tariki 10 Nyakanga 2023, binyuze ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’imyaka 11 yari imaze idakoresha abanyamahanga ikabona ko iyo Politiki itariki gutanga umusaruro. Ubwo Victor Mbaoma yasozaga amasezerano…

Read More

Chelsea ntiri gucogora kuri Ajandro Garnacho nubwo Man United iri guhenda

Manchester United yabwiye Chelsea ko yifuza miliyoni £50 ku Munya-Argentine Alejandro Garnacho niba bashaka ko ava kuri Old Trafford akerekeza ku kiraro. Chelsea yizeye ko uyu musore ufite amamuko muri Espagne gusa agakina ikipe y’igihugu ya Argentine, atagikenewe na Ruben Amorim, Kandi bizeyeko Garnancho ashaka kwerekeza muri Chelsea kurenza andi makipe yose amwifuza harimo na…

Read More

Morgan Gibbs-White yateye umugongo Tottenham Hotspur

Morgan Gibbs-White yashyize umukono ku masezerano mashya azatuma azageza mu mwaka 2028 ari umukinnyi wa Nottingham Forest, akuraho urujijo rw’ahazaza he. Uyu mukinnyi w’imyaka 25 yasaga nk’ugiye kwerekeza muri Tottenham Hotspur, nyuma y’uko iyi kipe yo mu majyaruguru ya Londres yatekerezaga ko niyishyura amafaranga yakwemerera umukinnyi gusohoka(release clause) angana na miliyoni £60 bizakunda. Tottenham yari…

Read More

Luis Diaz Yashyizwe hanze ku mukino wa gicuti kubera ibihuha byo kugurwa kwe – Arne Slot

Umutoza mushya wa Liverpool, Arne Slot, yatangaje ko rutahizamu w’umunya-Colombia, Luis Diaz, atagaragaye mu mukino wa gicuti wabahuje na AC Milan kubera ibihuha bikomeje kumuvugwaho bijyanye nuko ashobora kugurwa na  Bayern Munich. Liverpool imaze kwanga igiciro cya miliyoni £58 cyatanzwe na Bayern kugira ngo ibashe kumwegukana, nyamara amasezerano ya Diaz muri Liverpool azarangira mu mpeshyi…

Read More

Rayon Sports igiye gusinyisha rutahizamu mushya

Ikipe ya Rayon Sports yegereje gusinyisha rutahizamu wa Rutsiro FC, Habimana Yves nyuma yo gutakaza Biramahire Abeddy nk’uko amakuru abyemeza. Tariki 06 Nyakanga 2025, nibwo Rayon Sports yatangaje ko yongereye amasezerano rutahizamu wari wabafashije mu mwaka ushize w’imikino, Biramahire Abeddy akaba yari yarasinye amasezerano y’imyaka ibiri. Uyu rutahizamu wabaye uwatsinze ibitego wa Kabiri mu ikipe…

Read More

Rayon Sports yatangaje gahunda y’imikino izakinira mu ntara

Ikipe ya Rayon Sports yatangaje ingengabihe y’icyumweru cyagenewe ibikorwa bitandukanye bireba iyi kipe bizaba birimo imikino ya gicuti ndetse n’umunsi wo kwerekana abakinnyi bashya izakoresha mu mwaka mushya w’imikino wa 2025-2026. Rayon Sports yari yaramaze gutangaza ko kuri Rayon Day izakina na Young Africans ndetse n’ibiciro byo kuri uyu mukino byamaze gushyirwa ahagaragara. Mu kiganiro…

Read More